Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) na Repubulika ya Centrafrique ( MINUSCA) zifatanyije n’Abanyarwanda n’inshuti zabo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Kuri uyu wa 7 Mata 2024, mu Rwanda no ku Isi yose […]
Tariki ya 8 Mata ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, menya bimwe byaranze uyu munsi wa kabiri. ubwicanyi no gutwikira Abatutsi byari byatangiriye […]
Abaturage bo mu Murenge wa Ruvune, mu karere ka Gicumbi, ahatangirijwe icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuze ko banyuze mu nzira y’umusaraba itaboroheye. Ni ububamya bwagarutsweho n’ abarokokeye mu Murenge wa Ruvune wahoze witwa komini Bwisige ,ubu mu kagari ka Gashirira ,mu Karere ka Gicumbi. […]
RBC, MINUBUMWE na AVEGA barasaba Abanyarwanda kwinjira mu cyumweru cyo kwibuka birinda ibikorwa byo guhutazanya, bityo bakubaka ubudaheranwa. Ni mu gihe u Rwanda rugiye kwinjira mu bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 30. Ibi byashimangiwe Kur’uyu wa Kane tariki ya 4 Mata 2024, i Kigali […]
Abafatanyabikorwa mu mushinga ugamije guteza imbere ubukungu bwisubira mu bijyanye n’uruhererekane rw’ibiribwa batangaje ko hari imishinga mito n’iciriritse ihabwa ubufasha mu bya tekinike kugira ngo ibashe guteza imbere ubukungu bwisubira. Ibi bikorwa mu bijyanye no gutunganya ibiribwa, hagamijwe kongera umusaruro,kubaganya ibyangirika no kubungabunga ibidukikije. Uyu mushinga ushyirwa mu bikorwa n’Ikigo […]
Ubuyobozi bw’Ikigega RNIT Iterambere, bwatangaje ko umutungo w’iki kigega wageze kuri Miliyari zirenga 41 z’Amafaranga y’u Rwanda muri 2023, uvuye kuri Miliyari zirenga 28 wariho muri 2022. Kwiyongera k’umutungo byatumye haboneka inyungu igana na Miliyari 3,494,623,091 zivuye kuri Miliyari 2,209,399,923 bivuze ko inyungu yazamutse ku kigero cya 53%. Ibi ni […]
Urwego rw’Ubwitenganyirize mu Rwanda ,RSSB, rwatangaje ko umutungo warwo wageze kuri tiriyari 2 Frw zirenga n’inyongera ya 7% ugereranyije n’umwaka ushize. RSSB yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Werurwe 2024, mu kiganiro abayobozi b’uru rwego bagiranye n’itangazamakuru, kigaruka ku buryo rwitaye mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023-2024. Urwego rw’Ubwitenganyirize […]
Amaze gushimirwa ibyiza yagejeje ku Mpuzamashyirahamwe ya RFTC, Col. Rtd TWAHIRWA Dodo yagiriwe icyizere cyo kongera kuyobora RFTC akaba yizeje Abanyamuryango kubageza ku iterambere rishimishije. Kuri uyu wa Kane tariki 28 Werurwe 2024 i Kigali mu Rwanda habereye igikorwa cyo gutora abayobozi b’impuzamashyirahamwe ya RFTC ikora ibikorwa byo gutwara abantu […]
Hakorwa ibiganza by,impuwe :mugufasha urubyiruko kuva mubibi binyuriye muri siporo . Hakorwa ibihanza byimpuwe nkumuryango wagikirisitu wateguye amarushanwa ya sipro y’umupira wamaguru ngaruka mwaka kurubyiruko rwo mumurenge wa Gahanga,namarushanwa agamije gukura urubyiruko mubwigunge nokureka ingeso mbi zituma urubyiruko rwishora mubiyobyabwenge uburaya, ubujura guta amashuri nindi byose bituma urubyiruko ruta inzozi […]
Ni mu rwego rwo gutegura ubushakashatsi buziyongera Ku bwakoze kugeza muri 2020 bwagaragaje ko akato kari kuri 13%. Muri uru rugamba rwo kurwanya akato no kugaca burundu ,Urugaga Nyarwanda rw’ abafite virusi itera SIDA (RRP+) Kimwe na Leta y’ u Rwanda ibicishije muri MINEDUC, MINISANTE ndetse na RBC bihaye intego […]