Abafatanyabikorwa mu mushinga ugamije guteza imbere ubukungu bwisubira mu bijyanye n’uruhererekane rw’ibiribwa batangaje ko hari imishinga mito n’iciriritse ihabwa ubufasha mu bya tekinike kugira ngo ibashe guteza imbere ubukungu bwisubira. Ibi bikorwa mu bijyanye no gutunganya ibiribwa, hagamijwe kongera umusaruro,kubaganya ibyangirika no kubungabunga ibidukikije. Uyu mushinga ushyirwa mu bikorwa n’Ikigo […]

Urwego rw’Ubwitenganyirize mu Rwanda ,RSSB, rwatangaje ko umutungo warwo wageze kuri tiriyari 2 Frw zirenga n’inyongera ya 7% ugereranyije n’umwaka ushize. RSSB yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Werurwe 2024, mu kiganiro abayobozi b’uru rwego bagiranye n’itangazamakuru, kigaruka ku buryo rwitaye mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2023-2024. Urwego rw’Ubwitenganyirize […]

Amaze gushimirwa ibyiza yagejeje ku Mpuzamashyirahamwe ya RFTC, Col. Rtd TWAHIRWA Dodo yagiriwe icyizere cyo kongera kuyobora RFTC akaba yizeje Abanyamuryango kubageza ku iterambere rishimishije. Kuri uyu wa Kane tariki 28 Werurwe 2024 i Kigali mu Rwanda habereye igikorwa cyo gutora abayobozi b’impuzamashyirahamwe ya RFTC ikora ibikorwa byo gutwara abantu […]

Hakorwa ibiganza by,impuwe :mugufasha urubyiruko kuva mubibi binyuriye muri siporo . Hakorwa ibihanza byimpuwe nkumuryango wagikirisitu wateguye amarushanwa ya sipro y’umupira wamaguru ngaruka mwaka kurubyiruko rwo mumurenge wa Gahanga,namarushanwa agamije gukura urubyiruko mubwigunge nokureka ingeso mbi zituma urubyiruko rwishora mubiyobyabwenge uburaya, ubujura guta amashuri nindi byose bituma urubyiruko ruta inzozi […]

MaximeD TV

Lorem ipsum dolor sit amet, consectetur adipiscing elit, sed do eiusmod tempor incididunt ut labore et dolore magna aliqua. Ut enim ad minim veniam, quis nostrud exercitation ullamco laboris nisi ut aliquip ex ea commodo consequat. Duis aute irure dolor in reprehenderit in voluptate velit esse cillum dolore eu fugiat nulla pariatur

Quick Links