Ni mu rwego rwo gutegura ubushakashatsi buziyongera Ku bwakoze kugeza muri 2020 bwagaragaje ko akato kari kuri 13%. Muri uru rugamba rwo kurwanya akato no kugaca burundu ,Urugaga Nyarwanda rw’ abafite virusi itera SIDA (RRP+) Kimwe na Leta y’ u Rwanda ibicishije muri MINEDUC, MINISANTE ndetse na RBC bihaye intego […]
UBUZIMA
The Ministry of Health says that in order to promote the development of health services for Rwandans and their neighbors, in the next four (4) years, Rwanda plans to increase the number of nurses, where they will be in The number of clinics in the country will be four (4) […]
Abantu 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi ya RITICO Express, yo mu bwoko bwa Bus Yutong, yavaga i Kigali yerekeza mu karere ka Huye. Amakuru avuga ko iyi mpanuka yabaye ubwo imodoka yari igeze mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Kagari ka Nkingo, mu mudugudu wa […]
Mu gihe inzego z’ubuzima mu Rwanda zikomeje gukaza ingambwo zo kurwanya indwara zitandura zirimo n’indwara z’umutima, hari bamwe mu bahawe ubu buvuzi bemeza ko bagereranyije no mu bihe byashize, kwivuza indwara y’umutima bisigaye biborohera cyane, ibi bigashimangirwa na Minisiteri y’Ubuzima yizeza Abanyarwanda bose ko mu gihugu hasigaye hatangirwa ubuvuzi bw’indwara […]
In a significant event held on February 23, 2024, Kigali hosted an important gathering that brought together leaders from the Ministry of Health, experienced heart surgeons, dedicated cardiac care nurses, aspiring cardiology students, and individuals who have undergone treatment and recovery. Their collective aim was to collaborate and explore strategies […]
Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur Daniel Scimeca, Umuganga w’inzobere, baradusobanurira indwara ndetse n’ibibazo umubiri wawe […]
Muri Rwamagana,abaturage bemeza ko kuva hafungurwa ikigo kigamije guteza imbere isuku n’isukura bungutse ubumenyi ndetse binabegereza ibikoresho byibanze bari bakeneye. Umuyobozi w’ Ikigo cy’ isuku n’isukura mu Karere ka Rwamagana, Kabagambe Godfrey avuga ko habaye impinduka zikomeye mu myumvire y’abantu kugira ngo umuco n’isuku n’isukura wimakazwe. Kabagambe avuga ko kwegereza […]
Abayobozi babiri bo mu Murenge wa Bigogwe batawe muri yombi bakekwaho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa ku bushake uwitwa Dushimimana bikamuviramo urupfu. Abafunzwe ni Kagiraneza Enock Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kijote mu Murenge wa Bigogwe Akarere ka Nyabihu, na Mugabe Matsatsa ukuriye Irondo ry’Umwuga muri aka Kagari. Iki cyaha cyakozwe […]
Dr Mbonimana Gamariel yavuze ko nyuma yaho avuye mu Nteko Ishingamategeko ku mwanya w’Ubudepite,yari agiye guterezwa cyamunara, bituma agurisha ibibanza bye bibiri ndetse n’imodoka ya jeep Rav 4 nyuma yo kutabasha kwishyura neza inguzanyo. Ni mu kiganiro yagiranye na The Newtimes aho yavuze ingamba yafatiye inzoga zirimo nuko vuba yaba […]