UBUZIMA
IMYIDAGADURO

Meddy yasohoye indirimbo nshya ahuriyemo n’abahanzi bo muri Wasafi
Ngabo Jobert Medard uzwi nka Meddy mu buhanzi akaba amaze kwamamara kubera ibikorwa bye bya muzika yashyize hanze indirimbo nshya
UBUREZI

Ubufaransa bwahaye u Rwanda ibitabo bisaga 14250 byo gufasha abarimu ndetse n’abanyeshuri
Muri iki gitondo u Rwanda rwashyikirijwe inkunga y’ibitabo by’igifaransa n’Igihugu cy’ubufaransa bisaga ibihumbi (14.250) kubera umubano mwiza ibihugu byombi bifitanye.
AMATEKA

Ibyihariye wamenya ku mugore Samia Hassan ugiye gusimbura Perezida John Pombe Magufuli
Mama Samia Hassan Suluhu wari Visi Perezida kuva mu mwaka wa 2015, ubu agiye gusimbura Perezida John Magufuli wapfuye kuri
IMIKINO

Ikipe ya Mozambique yageze i Kigali itari kumwe n’abakinnyi 2 bakina mu Bufaransa
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere nibwo ikipe y’igihugu ya Mozambique bakunda kwita Mambas, yageze ku kibuga k’indege i
POLITIKI

Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuba Perezida wa gatandatu wa Tanzaniya
Kuri uyu wa gatanu, Samia Suluhu Hassan yarahiriye kuba perezida wa mbere w’umugore wa Tanzaniya nyuma y’urupfu rutunguranye rwa Dr
UMUCO

Umuryango Never Again Rwanda ushishikajwe no gutegura urubyiruko rubereye u Rwanda
Kuri uyu wa Kane Taliki ya 18 Mata, Umuryango Never Again Rwanda wahuje urubyiruko rwo mu nama nkuru yarwo, hagamijwe
UDUSHYA

‘Kandagiricyuma’ gahunda nshya ya Airtel Rwanda ije guhemba abanyamahirwe Moto
Sosiyete y’itumanaho Airtel Rwanda yatangije gahunda nshya yo guhemba abanyamahirwe baguze nibura ama inite 250 mu cyumweru aho bazajya bahabwa
UBUTABERA

Mu byumweru 8 gusa hagaragaye abatwaye imodoka basinze bikabije abantu basaga 652
Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu byumweru umunani gusa bishize abantu bagera kuri 652 bamaze gufatwa batwaye imodoka banyoye ibisindisha, ibi